Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga yavuze ko inkingo za COVID-19 Abanyarwanda bahawe mu myaka ishize zisa n’izarangije igihe cyazo cyo gukora bityo ko bagiye kuzahabwa...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko Abanyarwanda bagombye kwitwararira mu kwirinda COVID-19 kuko bicyekwa ko hari ubwandu bwayo bushya bwageze mu Rwanda. Minisitiri w’ubuzima Dr Ngamije Daniel yabwiye RBA k...
Icyorezo COVID-19 cyaraye kishe Umunyarwanda wo mu Karere ka Nyamasheke. Hari hashize igihe kirekire imibare y’abandura iki cyorezo iri hasi ndetse nta muntu yaherukaga kwica. Minisiteri y’Ubuzima ya...
Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu 92. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ku isi...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko kuba hari abantu batarikingiza mu buryo bwuzuye, biri gushyira ubuzima bw’abikingije mu bibazo. Kuri we ngo, igihe kirageze...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ifatanyije n’izindi nzego harimo iz’ubuzima n’umutekano yatangije ubukangurambaga bwo guhwitura abaturage batarikingiza kubikora. Ni ubukangurambaga buzamara iminsi ...
Umusore ubarizwa mu rubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali yemeye ko yashyize umukobwa ku rutonde rw’abikingije COVID-19, kandi atarigeze ahabwa urukingo. Uwo musore wiga muri imwe mur...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko mu Cyumweru kizatangira tariki 02, Kanama, 2021 hari Abanyarwanda bazakingirwa icyorezo COVID-19. Ni icyemezo kizashyirwa m...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yibukije abaturarwanda ko kuba umuntu yarakingiwe COVID-19 bidasobanuye ko adashobora kuyandura cyangwa ngo yanduze abandi, cyane k...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga avuga aho icyorezo kigeze, umwanzuro wagombaga gufatwa na Guverinoma ari Guma mu Rugo y’Igihugu cyose arik...









