Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rufite inyungu mu kohereza abasirikare mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, kubera ko rutewe inkeke n’ibikorwa by’umutwe w’i...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama, ari narwo rwa mbere azaba agiriye muri iki gihugu kuva yajya ku butegetsi muri Werurwe...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga yatangaje ko nyuma y’iminsi mike u Rwanda rwohereje abasirikare muri Mozambique bamaze kwica abarwanyi benshi bo mu mutwe wa al-Shabaab, mu gihe umusi...
Peter Vrooman wari Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda yahinduriwe igihugu agomba guhagarariramo inyungu z’igihugu cye, ubu akaba yoherejwe muri Mozambique. Vrooman yageze mu Rwanda muri Werurwe, 2018. Az...
Botswana yohereje abasirikare 296 muri Mozambique, nk’itsinda ry’ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado. Ni ubw...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye, Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yavuze ko ingabo z’igihugu cye zifashijwe n’iz’u Rwanda mu Cyumweru gishize bakubise inshuro abarwanyi bamaze igihe b...
YARATWANDIKIYE: Nitwa Kantarama ndi Umunyarwandakazi. Iyi nyandiko nyituye ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugira ngo abazashobora kuyisoma muri bo bazumve ko ababyeyi babo basize mu Rwanda bab...
Ingabo z’u Rwanda zikomeje ibikorwa bya gisirikare bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, yugarijwe n’ibikorwa by’umutwe witwaje intwaro wa al-Shabaab wahagaritse ubuzima ...
Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryan...
Mu rwego rwo kumenya byinshi ku mikorere y’ingabo z’u Rwanda, Umuvugizi w’Ingabo wazo Col Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kimwe mu byo ingabo z’u Rwanda zishyira imbere ari ihame ry’uburinganire. N...









