Perezida Kagame yavuze ko ingabo z’u Rwanda n’abapolisi bari mu butumwa bwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ubu bagera hafi ku 2000, kandi bakomeje...
Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Maj. Gen. Innocent Kabandana yasobanuye ko umutwe witwaje intwaro bahanganye ufite imirwanire ikoresha amatsinda mato, ariko kuba ukomeje gutsindwa bigara...
Ni ubwa mbere Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Major General Innocent Kabandana yagaragaye imbere y’itangazamakuru ashima abagabo n’abagore b’intwari ayoboye. ...
Col Ronald Rwivanga uvugira Ingabo z’u Rwanda yabwiye Taarifa ko kuba izi ngabo zigaruriye umujyi wafatwaga nk’ibirindiro by’abarwanyi ba Islamic State muri Mozambique ari ikintu gikomeye. Ngo akazi ...
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zatangaje ko zifatanyije n’iza Mozambique (FADM) zafashe umujyi wa Mocímboa da Praia wo mu Ntara ya Cabo Delgado, nyuma y’imyaka isaga ibiri ari isibaniro ry’ibikorwa by’umutwe...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma, asimbuza abarimo Minisitiri w’Ingabo Nosiviwe Mapisa-Nqakula. Ni impinduka zakozwe mu gihe Afurika y’Epfo ihangany...
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifatanyije n’iza Mozambique (FADM) zashoje urugamba rugamije gufata umujyi wa Mocímboa da Praia, usobanuye byinshi ku bikorwa bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgad...
N’ubwo ingabo z’u Rwanda ziri gutsinda urugamba zihanganyemo n’abarwanyi ba Al Shabaab bari bamaze imyaka hafi ine barigaruriye Komini Eshanu zigize Intara ya Cabo Delgado, hari impungenge ko bariya b...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye kuri uyu wa 01, Kanama, 2021 nibwo ingabo za Afurika y’Epfo, South African National Defense Force (SANDF)zageze ahitwa Pemba. Hari ubwato bwazao bw’intambara buri mu Ny...
U Rwanda, Botswana, Afurika y’Epfo, Zimbabwe, Angola…biri mu bihugu by’Afurika byafashe iya mbere byiyemeza kujya muri Mozambique kuyitabara. Ku ikubitiro u Rwanda rwahise rwohereza ...









