Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘utakwambuye aragukerereza.’ Uyu mugani uhuye n’amakuru Taarifa ifite avuga ko amafaranga u Bufaransa bwagombaga kwishyura abagiye kwirukana ibyihebe byo muri Mozambiqu...
Nyakubahwa Donatille Mukabalisa uyobora Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yabwiye Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Mozambique ko kuba u Rwanda rwarohereje ingabo na Polisi...
PerezidaYoweri Museveni aherutse kuvuga ko Minisiteri z’ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba nibiba ngombwa zizahuza ingabo zigakora itsinda ryakoherezwa muri Mozambiq...
Taliki 28, Mata, 2022 muri Kigali Arena hazatangira imikino ya nyuma y’irushanwa ry’imikino ya Basketball. Abategura iyi mikino baraye bakoze inama hifashishijwe ikoranabuhanga basanga imyiteguro imez...
Amakuru Taarifa icyesha Jeune Afrique avuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura azasura u Bufaransa kuri uyu wa Mbere taliki 14, Werurwe, 2022. Mu nkuru ya Jeune Afrique ntibav...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga avuga ko kuba ingabo z’u Rwanda zitumwa mu mahanga kuhagarura amahoro bidakorwa hagamijwe kwishyurwa amafaranga ahubwo bikorwa kubera amasezerano y’ub...
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) zifatanyije n’Ingabo za Mozambique (FADM) zigaruriye ahari indiri y’umutwe w’iterabwoba wa Ansar sunna Wa Jammah (ASWJ) mu duce twa Nhica do Ruvuma na Pundanhar duh...
Umugabo witwa Bonomado Machude Omar niwe washinze kandi akomeza umutwe w’abarwanyi bigaruriye Cabo Delgado guhera mu mwaka wa 2017. Ikinyamakuru cyo muri Afurika y’Epfo kitwa The Continent cyatangaje ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Mozambique Filip Nyusi baganira aho ibikorwa byo kugarura amahoro muri Cabo Delgado bigeze. Uru ru...
Filip Nyusi uyobora Mozambique kuri uyu wa Gatanu yasuye inzego z’u Rwanda zagiye mu gihugu cye gufasha izaho kugarura umutekano muri Cabo Delgado. Yasabye ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo gukomeza k...









