Umukuru wa Mozambique Filip Nyusi yasuye ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo ashimira abagabo n’abagore bagiye yo kuhagarura amahoro. Yababwiye ko umurimo bakorera muri Cabo Delgado ari ingenzi ku miber...
Ahagana saa sita z’amanywa nibwo abasirikare n’abapolisi bayobowe na Major General Alex Kagame bagiye muri Mozambique gusimbura bagenzi babo bari bahamaze iminsi mu bikorwa byo kuhatsimbataza umutekan...
Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yaraye ahuye n’ikipe ya Basket y’igihugu cye y’abagore iri mu Rwanda mu irushanwa nyafurika ry’uyu mukino mu rwego rw’abagore. Nyusi yari ari kumwe na Perezida Kagam...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga hamwe n’abandi bayobozi mu ngabo z’u Rwanda babwiye abashinzwe umutekano muri za Ambasade zikorera mu Rwanda uko umutekano warwo wifashe ndet...
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye asuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ni ingabo z...
Perezida Kagame yabwiye abanyamakuru ko atari ngombwa ko abantu batakaza umwanya ku ntambara Ukraine ihanganyemo n’Uburusiya kurusha uko bakora ngo babonere ibisubizo ingaruka iyi ntambara iteza abatu...
Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 20, Gicurasi, 2023 wari ushyuhijwe na byinshi birimo umukino ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL ari yo REG BBC yahuriyemo n’iyo mu Misiri yitwa Al Ah...
Abaturage ba Mozambique bakabakana miliyoni bari mu kaga ko kubura ibiribwa no kurwara indwara ziterwa n’umwanda nyuma y’uko inkubi ikomeye bise Freddy iteje umwuzure ukangiza byinshi aho bari batuye....
Patrick Jean Pouyanné uyobora Ikigo cy’Abafaransa gicukura kandi kigatunganya ibikomoka kuri Petelori ari hafi gusura aho ikigo cya Leta y’u Bufaransa TotalEnergies gikora iriya mirimo muri Cabo Delg...
Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije ingabo z’u Rwanda n’inzego zose zishinzwe umutekano umwaka mushya kandi muhire wa 2023. Yafashe ...









