Mu gihe ibihugu biherereye mu Majyepfo y’Afurika bigize Umuryango w’ubufatanye The Southern African Development Community (SADC) byari bikiganira ngo byemeze igihugu kizayobora umutwe w’ingabo z’uriy...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa(operations) DIGP Felix Namuhoranye aherutse kubwira abapolisi boherejwe gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado ko intego y’u Rwanda ari ugut...
Ingabo z’u Rwanda zari zimaze iminsi zitegurirwa kujya gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique kuri uyu wa Gatanu tariki 09, Nyakanga, zuriye indege zerekeza yo. Zizakorana n’abapolisi...
Ubuvugizi bw’ingabo z’u Rwanda bwabwiye ikinyamakuru cyo muri Amerika kitwa The Bloomberg ko igisirikare cy’u Rwanda kiri gutegura abasirikare bo kuzohereza muri Mozambique kugarura yo amahoro. Blombe...
Amakuru agera kuri Taarifa yemeza ko Cassien Ntamuhanga waherukaga gutoroka gereza ya Mpanga mu Karere ka Nyanza yafatiwe muri Mozambique, ndetse ko mu minsi ya vuba azagezwa mu Rwanda. Mu 2015 nibwo ...
Ubuyobozi bwa APR FC burifuriza intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi igiye gukina umukino wo guhatanira itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika CAN na Cameroon uyu munsi saa tatu z’ijoro (...
Hashize iminsi itatu abantu 183 barimo n’abanyamahaga bakorera muri Mozambique bafatiwe bugwate muri imwe muri hoteli zizi mu Ntara ya Cabo Delgabo iri mu Majyaruguru ya kiriya gihugu. Ingabo na Polis...
Iyi nkuru mbi yatangajwe n’abakozi ba Save the Children bakorera mu Ntara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique, bavuga ko babyiboneye muri kariya gace. Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State...







