Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yagennye ko Major General Vincent Gatama ayobora itsinda rya RDF n’irya Polisi ryoherejwe muri Cabo Delgado, Intara ya Mozambique, ...
Indwara yari amaranye igihe niyo yahitanye Lt Gen Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru bakomeye bakoze inshingano nyinshi zirimo no kuyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda zoherejw...
Maj. Gen Cristóvão Artur Chume ushinzwe Minisiteri y’ingabo za Mozambique ashima ko umuhati wo kugarura amahoro muri Cabo Delgado wagizwemo uruhare n’inzego z’u Rwanda zishinzwe umutekano watumye abar...
Minisitiri w’ingabo za Mozambique witwa Major General Cristóvão Artur Chume, Umugaba mukuru wazo witwa Maj Gen André Rafael Mahunguane n’Umuyobozi wa Polisi y’aho CP Fabião Pedro Nhancololo bari mu R...
Ikipe y’u Rwanda y’abagore yatsinzwe n’iya Mozambique amanota 72-55 bituma irangiza imikino y’itsinda D ari iya nyuma! Yahise itegereza ibizava mu itsinda C kugira ngo irebe niba hari imwe mu makipe a...
Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwakira mu gisirikare cy’igihugu cye abasore n’inkumi 525 bamaze amezi atandatu batozwa n’ingabo z’u Rwanda uko intambara yo ku butaka irwanwa...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...
Major General Emmy Ruvusha uyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique yaganiriye n’umugaba w’ingabo z’iki gihugu ku zindi ngamba zikwiye mu guhashya abahakorera iterabwoba. Hari mu nam...
Mu izina ry’ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’u Rwanda, Major General Wilson Gumisiriza usanzwe uyobora ishami ry’ingabo zirwanisha ibifaru yabwiye izoherejwe muri Cabo Delgado gusimbura izihasanzwe akamar...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique riba kuri uyu wa gatatu. Mu Gushyingo 20...







