Polisi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa umugore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kwiba moto. Bivugwa ko yayibye arangije arayibaga kugira ngo agurishe ibyuma byayo. Ni uwo mu Karere ka Muhanga. Icyakora Moto...
Ba Gitifu b’utugari 68 bo mu karere ka Nyamasheke babwiye ubuyobozi bw’aka karere bakoreramo ko ubwo bahawe moto, bagiye kurushaho kwegera abaturage. Bazihawe mu rwego rwo kubunganira mu kuzuza inshi...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yasabye abamotari n’abandi bakoresha umuhanda kwitwararika bakirinda icyateza impanuka kuko kuva umwaka wa 2022 watangira kugeza kuri uyu wa Kane ...
Ibiro by’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda byatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere taliki 17, Ukwakira, 2022, uru rwego ruri butangire kumurika Moto zafatiwe mu makosa atandukanye kugira ngo abifuza kuzig...
Mu gihe no gukoresha mubazi ari ikibazo ku bamotari benshi kubera ko ngo zibahombya, ubu bategetswe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ko guhera Taliki 22, Kanam...
Polisi ifatanyije n’uwari wibwe Moto yashakishije iyi moto iza gufatirwa mu gihugu aho uwari wayibye yari yayihishe. Ukekwaho ubu bujura yitwa Ndatimaba nawe akaba yafashwe. Kugira ngo ifatwe byatewe ...
Abantu umunani bo mu Karere ka Rulindo baherutse gutabwa muri yombi na Polisi bakurikiranyweho kwiba intsinga zireshya na metero 60 mu rwunge rw’amashuri rwa Ngarama mu Murenge wa Base mu Karere ka Ru...
Ikigo cy’ubucuruzi gitanga serivisi z’itumanaho n’izo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, Airtel Money, kigiye gutangiza uburyo abagenzi bazajya bishyura Moto bakoresheje Airtel Money. Umwe mu ba...
K’ubufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije, REMA, mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga busaba abafite ibinyabiziga kubisuzumisha hakarebwa niba imyotsi bi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 abamotari bo hirya no hino mu Karere ka Nyarugenge n’ahandi bazindukiye mu myigaragambyo. Bavuga ko hari amafaranga bakatwa kuri mubazi zishyu...









