Mu kigo cya Polisi gitoza abapolisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana haherutse kurangizwa amahugurwa y’abapolisi 20 bakoresha moto mu gucunga umutekano wo mu muhanda. Bahuguwe ku buf...
Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu mpanuka zo mu muhanda zabaye kuva muri Mutarama kugeza muri Kamena mu 2023 hirya no hino mu gihugu izingana na 53% zatewe n’amagare na moto, zikaba ...
Mu Gasyata mu Karere ka Nyarugenge ahitwa ku Bigega bya Essence hari moto zigera ku 160 n’imodoka zirenga 40 zaraye zifashwe na Polisi kubera kudacana amatara kandi zigenda. Bamwe mu bamotari babwiye...
Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yavuye muri Gare ya Rusizi igonga umumotari yasanze mu muhanda ku bw’amahirwe ntiyapfa. Iriya modoka ni iy’ikigo cya Volcano Express ikaba ifite ibirango RAC 947X. Ikin...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS) ryaraye ryerekanaye moto 400 rivuga ryafashe mu gihe cy’ukwezi kumwe kubera ko abazitwaraga bari barahinduye ibirango byazo aro byo...
Ubwo bari barimo kujya mu biciro ngo bagurishe moto bivugwa ko bari bibye, abasore babiri baguwe gitumo na Polisi ihita ibambika amapingu. Bafatiwe mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Jamba mu murenge...
Polisi ikorera mu Karere ka Gicumbi yafashe umugabo w’imyaka 29 y’amavuko ucyekwaho kwiba moto nyuma yo kwica nyirayo. Uyu mugabo akomoka mu Karere ka Gatsibo. Ubu bwicanyi bwakozwe ubwo Abanyarwanda ...
Mu muhanda Mukamira-Karago ku Mudugudu wa Mwiyanike, Akagari ka Kadahenda mu Murenge wa Karago haherutse gufatirwa abantu babiri bahetse kuri moto udupfunyika 10,000 tw’urumogi. Urwo rumogi rwari rur...
Mu rwego rwo koroshya akazi ko gushakisha no kubona vuba moto zibwe, Umuvuguzi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police( CIP) Sylvestre Twajamahoro asaba ba nyiri moto kuzish...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda riherutse gufata umusore w’imyaka 25 y’amavuko wari uhaye umupolisi ruswa ya Frw 11,000. Yashakaga ko asubizwa moto ye yari yafatiwe mu m...









