Inama y’Abaminisitiri muri Zimbwabwe yanzuye ko igihano cy’urupfu gukurwa mu bindi bigenwa n’amategeko y’iki gihugu. Ni umwanzuro wafashwe nyuma y’igihe kirekire hari impaka mu Nteko ishinga amategeko...
Ubutumwa Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi buvuga ko ari bwo bwa mbere mu buzima bwe abonye amahano a...
Nyuma y’uko hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu by’uburezi hagati ya Minisiteri z’uburezi hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, ubuyobozi bwa Zimbabwe bugiye kohereza mu Rwanda abarimu 500 bo kwigisha bagen...
Umukuru wa Zimbazwe Emmerson Mnangagwa yirukanye Minisitiri w’umutekano mu gihugu wari usanzwe ayobora n’Ishami rishinzwe ubutasi mu gihugu ryitwa Central Intelligence Organization amuzira imyitwarire...
Umuhanzi wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo uri mu bazwi kurusha abandi, Koffi Olomide, ari kwamaganwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga biganjemo Abanya Zimbabwe bavuga ko kuba yararirimbye Pe...
*Umubano W’Amerika Na Zimbabwe ‘Uracyarimo Kidobya’ Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa arashinja Leta zunze ubumwe z’Amerika gukorana n’abatavuga rumwe na Leta mu mugambi wo kumuhirika. Avuga ko ...
Abagenzacyaha b’Umuryango w’Abibumbye barasaba Zimbabwe guta muri yombi Bwana Protais Mpiranya kugira ngo agezwe mu nkiko kubera uruhare akekwa ko yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Mp...






