Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa MTN Group, Ralph Mupita, uri mu Rwanda mu gihe icyo kigo cyitegura gushyira ku isoko imigabane muri MTN Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri nibwo ...
Ikigo cya mbere itumanaho rya telefoni mu Rwanda, MTN Rwandacell PLC, cyatangaje ko kizinjira ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ku wa 4 Gicurasi 2021, nyuma yo guhabwa uburenganzira n’in...

