Binyuze mu bufatanye na Leta zunze ubumwe z’Abarabu na Malaysia, u Rwanda rugiye gukoresha ubwenge buhangano kurushaho. Rusanzwe rufite ibintu bike rubukoreshamo, gusa rurashaka kwaguka muri iryo kora...
John Mirenge uherutse guhabwa inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Leta ziyunze z’Abarabu yyatanze kopi z’impapuro zimwemerera. Byabereye Abu Dhabi . Taliki 25, Werurwe, 2023 nibwo yagizwe Ambasad...

