Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga indahiro y’abayobozi bashya baherutse gushyirwa muri Guverinima, Perezida Kagame yabasabye gukorana imbaraga no gukorana hagati yabo kandi bakazirikana ko umwanya barimo...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe yatangaje ko agiye kuzakoresha ubunararibonye afite mu by’ububanyi n’amahanga kugira ngo akomeze kubanisha igihugu cye n’amahanga. ...
Olivier Nduhungirehe wari usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi ubu niwe ushinzwe ububanyi you bw’u Rwanda, asimbuye Dr. Vincent Biruta. Biruta yagizwe Minisiteri w’umutekan...
N’ubwo atamuvuze mu izina ariko Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje hari umwe mu bashakaga kuziyamamariza kuyobora u Rwanda wahaga urubyir...
Madamu Mette Frederiksen yatunguwe no kubona umugabo aje aramuhirika yitura hasi muri kaburimbo yo mu Murwa mukuru Copenhagen ariko uwamukubise yahise afatwa na Polisi. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ...
Dr. Uwamariya Valentine uyobora Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yasabye ababyeyi kunga ubumwe kuko amahane ari kimwe mu bintu bikomeye bisenya umuryango, abana bakaba aba mbere mu ...
Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafili yasinyanye na mugenzi we wa Guinea amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubuhinzi. Ni amasezerano azibanda ku bushakashat...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana, mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, yashyize umukono ku masezerano ya miliyoni $200 u Rwanda ruzahabwa na Banki Nyafurika itsura Amajyambere...
Abayobozi b’u Rwanda n’aba Malai ku rwego rwa ba Minisitiri bamaze iminsi bahanira ku msezerano hagati y’ibihugu byombi. Ayo masezerano yaraye asinywe. Ibiganiro bya nyuma kuri yo by...









