Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima avuga ko u Rwanda rwaraye rwakiriye inkingo za mbere za Marburg ziri butangire guhabwa abaganga kuri iki Cyumweru. Ni inkingo zigeze mu Rwanda nyuma y’imi...
Mu Karere ka Musanze by’umwihariko n’ahandi mu Rwanda haravugwa utubari, butiki n’izindi nyubako zidafututse zahinduwe amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ni amashuri yashinzwe nta byangombwa bya NESA a...
Ambasaderi Christine Nkurikiyinka uyobora Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yabwiye abitabiriye Inteko rusange y’abagize urugaga CESTRAR ko Leta ifite intego zo gushyiraho ibisubizo by’ibibazo b...
Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yateranije inama y’abayobora inzego za gisirikare z’igihugu cye ngo bigire hamwe icyo bakora ngo bahane Iran kubera ibitero bya missile...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye ababwiye abayobozi b’amadini n’abayoboke bayo bari baje mu gitaramo cya Rwanda Shima Imana ko bakwiye guharanira ko ubuzima bwabo bayobora butajya mu ka...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko abaturage badakwiye gukuka umutima kubera icyorezo cya Marburg kuko cyo kitandurira mu mwuka nk’uko byagenze kuri COVID-19. Avuga ko iyi ndwara ku ru...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ingabo witwa Lloyd Austin yaraye ahamagaye mugenzi we uyobora ingabo za Israel witwa Minisitiri Yoav Gallant amumenyesha ko Biden atashimishijwe n...
Umuyobozi mu ihuriro nyafurika ry’abafite ubumuga bwo mu mutwe umunya Namibia Charles Nyambe avuga ko ari ngombwa ko Leta zita ku bantu bafite ubumuga bwo mu mutwe ntibahezwe kuko abantu nk’abo baba b...
Perezida Paul Kagame avuga ko aho uburezi mu Rwanda bugeze ari heza ariko hakiri byinshi byo gukora ngo bugere ku rugero rwo hejuru, rwifuzwa. Bikubiye mu ijambo yagejeje ku baje mu muhango wo kurahir...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Minisitiri w’Uburezi Gaspard Twagirayezu yasimbuwe na Joseph Nsengimana. Twagirayezu we yag...









