Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel yaraye yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi z’ibihugu byibumbiye mu Muryango wo mu Karere k’i Burasirazuba (EAPCCO...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibintu byasubira mu buryo mu rwego rw’ubukungu nyuma ya COVID-19. Yabwiye bagenzi be ko icyangombwa ari ubufatanye...
Umukuru w’Igihugu cya Centrafrique Faustin Archange Touadera ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane tariki 05, Kanama, 2021. U Rwanda na Centrafrique bifitanye umubano ushingiye ku bufatanye mu nzego z’...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabashije gukusanya miliyoni $620 binyuze mu gushyira ku isoko impapuro mpeshwamwenda mpuzamahanga (Eurobond), zizishyurwa mu gihe cy’imyaka 10. Minisiteri y’Imari n...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe riravuga ko Madamu Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayi...
Minisitiri w’ingabo za Israel Benny Gantz aherutse kubwira mugenzi we uyobora ingabo z’u Bufaransa Madamu Florence Parly ko ikoranabuhanga rya Pegasus Israel irigurisha ibihugu byugarijwe n’iterabwob...
Umunsi umwe Perezida Paul Kagame yasuye kimwe mu bihugu byo mu Majyaruguru y’Afurika ajyanywe no gutsura umubano. Ageze yo yahabonye ikibuga gikoze neza cy’umukino wa golf, gifite agaciro ka miliyoni ...
Minisitiri w’Umurimo n’abakozi Fanfan Rwanyindo Kayirangwa avuga ko kimwe mu bintu bitaragerwaho mu mikorere y’abakozi mu nzego za Leta ari uko hari urwego rudahagije rw’imyifatire n’imyitwarire ya ba...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel witwa Yair Lapid yaraye atangaje ko igihugu cye cyamaze kubona umwanya w’indorerezi uhoraho mu Muryango w’Afurika yunze Ubumwe, akemeza ko iki ari ikintu gik...
Guverinoma ya Israel yatangije iperereza ryigenga ku mubano udasanzwe bivugwa ko wamaze imyaka ibiri hagati ya Yossi Cohen wahoze ayobora Mossad n’umugore utari uwe wakoraga mu ndege. Abashinzwe ipere...









