Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yaraye abwiye abitabiriye Inama yigaga k’ugutsimbataza amahoro n’ubutabera mu bihugu bya Afurika ko intandaro y’amakimbirane mu bihugu by...
Shinzo Abe wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yarashwe n’umusore ubwo yagezaga ijambo ku baturage bari bateraniye ahitwa Nara. Ari kwiyamamariza kuzaba umusenateri muri iki gihugu cya gatatu...
Boris Johnson wari umaze igihe gito abaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yatangaje yeguye. Ni nyuma y’ibibazo byari bimaze iminsi mu ishyaka rye byatumye hari n’Abaminisitiri babiri begura. Umwe m...
Ibiro By’Umukuru w’u Burundi byatangaje ko guhera kuri uyu wa Kane taliki 04, Nyakanga, 2022 kuzageza Taliki 15, Nyakanga, 2022. Akazi bazagatangira neza Taliki 18, Nyakanga, 2022. Hagati aho ariko, a...
Mu gihe hari umwuka w’intambara hagati y’ubutegetsi bw’u Bushinwa n’Amerika bapfa ko u Bushinwa budashaka ko Taïwan yigenga, hari Abashinwa n’abahezanguni bifuza bakomeje ko igihugu cyabo cyarasa Taïw...
Abaturage bo mu Karere ka Musanze baraye babwiye Minisitiri w’umutekano mu gihugu Bwana Alfred Gasana ko bajujubijwe n’abashumba baboneshereza, bavuga bakabakubita cyangwa bakababwira ko ntaho babare...
Abagize Inama Njyanama z’Imirenge yose igize Akarere ka Nyarugenge baraye bibukijwe inshingano zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi niwe wazibibukije ababwira ko imwe m...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri gukora ibishoboka byose ngo amakosa yagaragaye mu mishinga yo kubaka imidugudu yakozwe mbere atazonge...
Mu nama nyunguranabitekerezo yaraye ihuje ubuyobozi bwa Sena y’u Rwanda n’inzego zirimo Minisiteri y’Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana uyobora iyi Minisiteri yavuze ko Guverinoma igiye gutan...
Ikigo kiswe Health Tech Hub kigiye kubakwa mu Rwanda mu rwego rwo gufasha abahanga udushya mu by’ubuvuzi bukoresha ikoranabuhanga kubona aho bakorera hujuje ibisabya. Uyu mushinga ufite agaciro ka Mil...









