Nyuma ya Margret Thatcher, Theresa May, ubu undi mugore witwa Liz Truss niwe ugiye kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza asimbuye Boris Johnston uherutse kwegura nyuma y’ibibazo by’imiyoborere idah...
Bisa n’aho umubano w’u Rwanda na Uganda uri gusubira mu nzira wahozemo mbere y’ibibazo byawushegeshe guhera mu mwaka wa 2018. Kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda (Rtd) Gen Odongo Jeje Abu...
Bwana Itaru Nakamura usanzwe uyobora Polisi y’u Buyapani yavuze ko agiye kwegura kugira ngo agire ibyo abazwa mu iyicwa rya Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe uherutse kuraswa n’umuntu wari umu...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kuvuga ashimangirako ba Agoronome b’Imirenge bagomba kwegera abaturage bakareba niba buri muturage afite ingarani, ikimpoteri, ko yateye ibiti bitatu c...
Mu Ntara y’Amajyepfo yateraniye Inama yo gufatira hamwe ingamba zo kurwanya isuri mu Ntara y’Amajyepfo. Imibare yayitangiwemo n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ...
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Madamu Ingabire Paula aherutse gutangaza ko Leta y’u Rwanda ifite gahunda y’uko mu myaka ibiri iri imbere, abaturage bose bazaba baramaze kumvishwa akamaro ko ...
Umwe mu myanzuro y’Inteko rusange ya FERWAFA yaraye iteranye ni uw’uko mu mwaka utaha w’imikino bita season hazatangira ikiciro cya gatatu mu marushanwa y’umupira w’amaguru. Abayobozi ba FERWAFA bavug...
Tetsuya Yamagami ukurikiranyweho kwica uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yabwiye Polisi ko igitekerezo cyo kumwica cyamujemo nyuma y’uko idini Shinzo Abe yagize uruhare mu gushinga, ryatum...
Akoresheje Twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta avuga ko ibimaze iminsi bivugwa n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga ko u Rwanda rwasin...
Mu Bwongereza abanyapolitiki bakomeye batangiye guhatanira kuzasimbura Boris Johnston waraye weguye. N’ubwo hari benshi bavugwaho kugira ubumenyi n’ubushobozi bwo kuzajya mu Biro bya Minisitiri w’Inte...









