Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Mutarama, 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Turikiya witwa Mevlüt Çavuşoğlu. Uyu mushyitsi w...
Ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda Dr Vincent Biruta na Turikiya Mevlüt Çavuşoğlu bashyize umukono ku masezerano yo kongera imbaraga mu butwererane mu nzego zitandukanye. Ni amasezerano y’...
Ubushinjacyaha mu Ntara yitwa Nara yo mu Buyapani buvuga ko rwagati muri Mutarama, 2023 buzageza mu rukiko umugabo w’imyaka 42 witwa Yamagami bukurikiranyeho kwica uwahoze ari Minisitiri w’Intebe witw...
Minisitiri ushinzwe ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bagomba kwiga uko iyakorewe Abayahudi yagenze kuko zomb...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi bo mu Ntara y’Amajyaruguru gukora ibishoboka bagakemura ibibazo by’abaturage. Ngo si byiza ko abaturaga babyiganira gutur...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ishaka gushyiraho uburyo bw’ubukungu budasanzwe henshi muri Afurika bwo ‘kudapfusha ubusa’, kudasesagura. Buri kintu mu byakozwe mu nganda kizajya kinagurw...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente ubwo yatangizaga Icyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yavuze ko u Rwanda rufite amabuye y’agaciro menshi igisigaye ari uko acukurwa ...
Raporo ivuga uko ubukene buhagaze mu Banyarwanda, itangaza ko kugeza n’ubu Abanyarwanda batunzwe n’isuka ari bo bugarijwe n’ubukene. Bangana na 42% by’abakene bose u Rwanda rufite. Ikibazo gikomeye ...
Umuyobozi ushinzwe ubufatanye mu bya gisirikare muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda Brig General Patrick Karuretwa avuga ko RDF yasabwe n’abashinzwe iby’umutekano muri za Ambasade ziri mu Rwanda ko ba...
Kubera kutizera imikorere ya moteri zo mu bwoko bwitwa PW1524G-3 zikoreshwa n’indege za Tanzania zo mu bwoko bwa Airbus A220-300, ubuyoozi bw’ikigo cy’indege za Tanzania kitwa Air Tanzania, yabaye gih...









