Leta zimwe zigize Ethiopia ziravugwamo abantu bishyize hamwe bakora igisirikare cyabo k’uburyo ubutegetsi bw’i Addis Ababa bwarahiriye gusenya abo bigize ‘kagarara.’ Ethiopia ni igihugu kinini kigizwe...
Umwe mu bakire u Butaliyani bwa vuba aha bwagize ndetse akabubera na Minisitiri w’Intebe ari mu bitaro aho ubuzima bwe bugeze aharindimuka. Ni Silvio Berlusconi. Uyu mugabo ni umukire kuko niwe...
Umuhanga mu by’ubukungu w’Umunyarwanda witwa Teddy Kaberuka yabwiye Taarifa ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biri kugabanuka nk’uko RURA imaze kubitangaza inshuro ebyiri, bitavuze ko ibici...
Ubwo yatahaga ibitaro bya Masaka byaguwe, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko uruhare u Bushinwa bugira mu kuzamura urwego rw’ubuzima mu Rwanda ari urw’agaciro. Yabivugiye mu muhango wo...
Bisa n’aho bitumvikana ukuntu Minisiteri y’imari n’igenamigambi ifatanyije n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare batangaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse muri rusange ndetse n’ubuhinzi bukazamuka...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko Guverinoma y’u Rwanda ishimira abikorera ku giti cyabo kubera umusanzu batanze kandi bagitanga mu kurwanya indwara na COVID-19 by’umwihariko. Dr. Ngir...
K’ubufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’Umuhora wo hagati, uruzi rw’Akagera rugiye gushakirwa ubwato bunini kandi bukomeye buzafasha mu kwinjiza cyangwa gusobora ibicuruzwa mu Rwanda bij...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya avuga ko bafite amakuru y’uko hari abarimu bagera ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ntibayigishe bakayasimbuka. Ntiyavuze aho ari ho, ariko yemeza ko...
Nyuma ya saa sita kuru uyu wa Kabiri taliki 21, Gashyantare, 2023, Minisitiri w’intebe wungirije akaba n’w’uububanyi n’amahanga mu bwami bwa Jordan witwa Ayman Hsafadi, yakgeze i Kigali. Yakiriwe na m...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yafashe mu mugongo abo mu muryango wa Nadine Girault wari uhagarariye uyu muryango muri Canada uherutse gupfa. Ku rukuta...









