Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Trinidad na Tobago, Perezida Kagame yahuye n’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma batandukanye barimo na Mia Amor Mottley uyobora ikirwa cya Barbados. Baganiriye kuri by...
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 Perezida Paul Kagame yatumije mu Biro bye Minisitiri w’ikoranabuhanga n’uw’ibikorwaremezo ndetse n’Umuyobozi mukuru wa RURA. Yagira ngo ababaze itandukaniro babona hagat...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abitabiriye inama yahuje abakorera bo mu Rwanda n’abo mu Burayi ko inkunga ibihugu by’Uburayi byateye u Rwanda mu myaka yose y’ubufatanye ishize, ari i...
Minisitiri w’urubyiruko Dr. Utumatwishima Abdallah avuga iyo urubyiruko rubonye akazi, bituma rukora rukinjiza bityo rukitunga, bigatuma rutishora mu byaha kubera ko ruba rufite icyo ruhugiyeho. Yabiv...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite imyaka 24 y’amavuko, wari ufite a...
Inteko ishinga amategeko y’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yanzuye ku bwiganze ko iyi Ntara ikomeza kuyoborwa n’abasirikare, ikaguma mu bihe bidasanzwe bita état de siege. Ibi bihe kandi bigomba gukomez...
Mu kiganiro Minisiteri y’ubutabazi ifatanyije n’izindi nzego yahaye itangazamakuru, yavuze ko ibiza byagwiriye u Rwanda mu minsi ishize byangije hegitari 2000 zari ziriho imyaka itandukanye kandi yari...
Ingengo y’imari u Rwanda ruteganya kuzageraho mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/2024 ni Miliyari 5,030, ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 265.3 ingana na 6% ugereranyije n’iy’umwaka wa 2022/2023. ...
Abafite ababo bashyinguye mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 rw’Akarere ka Ruhango bavuga ko amasanduku bashyinguyemo yarangije kwangirika bityo ko akwiye guhinduka. Babivuze ubwo bibukag...
Ku bw’amahirwe ye ndetse n’abamurinda, igisasu cyapfuye kidahitanye cyangwa ngo gikomeretse Minisitiri w’intebe w’u Buyapani witwa Fumio Kishida wari uri mu ruhame aganira n’abaturage. Kishida yari mo...









