Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...
Gabriel Attal wari usanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yabaye Minisitiri w’Intebe asimbuye Elisabeth Borne waraye weguye. Gabriel Attal afite imyaka 34 y’amavuko. Attal ni Umufaransa uko...
Abakoresha n’abaturiye imihanda mishya ya kaburimbo yubatswe mu Murenge wa Nyamabuye na Shyogwe mu Karere ka Muhanga bavuga ko yamaze kwangirika itaratahwa ku mugaragaro. Amakuru avuga ko Minisitiri ...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwagejeje telefoni ku barimu barenga 1100 bitabiriye umunsi wa mwarimu wizihirijwe mu Intare Arena. Ni umunsi wari witabiriwe n’abarimu baje bahagarariye abandi baturutse ...
Nk’uko byatangajwe na Prof Dr. Charlotte Baguma wungirije umuyobozi w’ishami ry’ubuvuzi n’iby’imiti muri Kaminuza y’u Rwanda, iki kigo kigiye gutangiza amasomo mashya mu nzego zitandukanye z’ubu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda na mugenzi we ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza Bwana James Cleverly bavuze ko amasezerano mashya basinye ku mikoranire mu kibazo cy’abimukira, adatesha...
Guverinoma y’u Rwanda yaraye imuritse inkoranyamagambo y’ururimi rw’amarenga mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga kuganira n’abo baka serivisi. Yamuritswe ubwo hizihizwa Umunsi...
Guverinoma y’u Rwanda yaguze bisi nini 200 zo kunganira izisanzwe zitwara abagenzi bo mu Mujyi wa Kigali. Amabwiriza yahise atangazwa na Minisiteri y’ibikorwaremezo avuga ko imodoka za pick ups zari z...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti ...
Abitabiriye Inama yari imaze iminsi itatu yiga uko hatezwa imbere ibikoresho byakwifashishwa mu gukonjesha ibiribwa, imiti ndetse n’inkingo muri Afurika bemeranyije Miliyari zirenga 25 Frw zo kuzubaka...









