Nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024, guhera mu gihe gito kiri imbere, umuguzi uzajya waka kandi agahabwa fagitire ku nyongeragaciro azajya...
Ubuyobozi bw’ingabo z’Afurika y’Epfo bwaraye bugejeje ku miryango yabo imirambo y’abasirikare babiri baherutse kugwa mu ntambara iri mu Burasirazuba bwa DRC. Abo basirikare ni Capitaine Simon Mkhulu B...
Sama Lukonde wari umaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaraye yemerewe kwegura. Amakuru avuga ko yeguye kubera ko yari aherutse gutorerwa kujya mu Nteko ishi...
Perezida wa Liberia, Joseph Boakai amaze amasaha make agennye ko Brigadier General( Rtd) Geraldine Janet George aba Minisitiri w’ingabo. Niwe mugore wa mbere ufashe aya madosiye mu ntoki ze kuva iki g...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko mu byumweru bike biri imbere umugenzi azajya yishyura urugendo rwa bisi bitewe n’aho ageze aho kwishyura urugendo rwose rw’aho igarukira. Izi...
Dr. Edouard Ngirente niwe wahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kwibuka no kunamira intwari zabohoye u Rwanda, uyu muhango ukaba uba buri taliki 01, Gashyantare, buri mwaka. Ni umuhango kand...
Andrzej Duda uyobora Pologne arateganya gusura u Rwanda mu minsi mike iri imbere. Ubwo azaba ari mu Rwanda azaboneraho no gufungura Ambasade y’igihugu cye mu Rwanda. U Rwanda rwo rufite Ambasaderi war...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yatangije igikorwa kibanziriza Kwibuka ku nshuro ya 30 cyo gutera ibiti miliyoni 1 cyatangirijwe mu Karere ka Huye. Kub...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu myaka irindwi ishize urwego rw’uburezi bw’u Rwanda rwateye imbere ku kigero kigaragara. Bimwe mu byerekana ko uru rwego rwateye imbere ni umubare w...
Mu rwego rwo kwagura imihanda kugira ngo bigabanye umubyigano w’imodoka, Minisiteri y’ibikorwa remezo igiye kwagura umuhanda Giporoso-Masaka ushyirwemo ibisate bine. Iyi Minisiteri ivuga ko ifite gahu...









