Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu minsi 15 ishize, imvura nyinshi n’ibindi biyikomokaho byahitanye Abanyarwanda 11. Mu bantu 11 batangazwa ko bahitanywe na biriya biza...
Umunyamabanga wa Leta y’u Bwongereza ushinzwe ibibera imbere mu gihugu Suella Braverman yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Aje kuganira na bagenzi be bashinzwe ububanyi n’amahanga b...
Abanyarwanda bakunda inturusu kuko ari igiti bakuze bazi kandi cyabagiriye akamaro kanini. N’ubwo ari uko bimeze, Minisiteri y’ibidukikije yo ivuga ko inturusu ari igiti kibi ku bindi bimera kubera ko...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi itangaza ko bitarenze muri Nzeri, 2023 mu Karere ka Nyamasheke hazatangira ibikorwa byo kubungabunga inkengero z’umugezi wa Nyagahembe. Bizakorwa ku buso bwa Kilometer...
Guverinoma y’u Rwanda ibicishije muri Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko igiye gushinga ishuri ry’abashoferi b’umwuga. Ni mu rwego rwo gukarishya ubumenyi mu gutwara ibinyabiziga no kugabanya im...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
Mu mpera z’Icyumweru gishize Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye itangazamakuru ko hari abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gutema abaturage no kubakubita ibyuma bita imitali...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari Miliyari Frw 7 izashora mu kubaka ibimoteri mu mijyi yunganira uwa Kigali. Ni mu rwego rwo kongera isuku no kubungabunga ibidukikije n’ubuzima bw’abatuye iyo mi...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yaraye atangaje ko igororero ry’abagore ryubakwaga muri Nyamagabe ryuzuye bityo ko abari bafungiye mu igororero ry’I Muhanga batangiye kuhimurirwa. Abaherutse kuhi...









