Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana, arasaba abagabura inyama ku mashuri kujya bibuka ko inyama y’ingurube nayo yakwifashishwa ku ifunguro rihabwa abanyeshuri. Dr. Kamana yab...
Abahanga bavuga ko kugira ngo politiki yo gukumira no kurwanya ibiza izatange umusaruro mu buryo burambye, ari ngombwa ko Politiki yo kurengera ibidukikije ndetse n’iyo gukumira ibiza zisobanurirwa ab...
K’ubufatanye bwa Imbuto Foundation, FERWABA, Basketabll Africa League, na Minisiteri ya Siporo mu Murenge wa Kimironko hubatswe ikibuga cya Basketball kizatahwa taliki 20, Gicurasi, 2023. Gifite ibyan...
Abasenateri baraye basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kwigisha Jenoside yakorewe Abatutsi mu mashuri yose. Basanga uburyo Jenoside yakorewe yakorewe Abatutsi yigishwa, bukwiye kuvugururwa. A...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside ya...
Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu irashaka gukorana n’izindi nzego mu rwego rwo guha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zo ku rwego rw’igihugu ikoranabuhanga ryerekan...
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko agahimbazamusyi abayobozi b’ibigo bya Leta bakaga ababyeyi kavanyweho. Ababyeyi babyishimiye bavuga ko ari ikindi kintu cyerekana ko Guverinoma ibitaho. Icyakora hari...
Abakora mu bwikorezi bw’ibicuruzwa bica ku butaka barasaba bakomeje ko imishinga u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu bikoresha umuhora wo hagati yihutishwa igashyirwa mu bikorwa. Bemeza ko ishyirwa mu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko kudakorana hagati y’abayobozi bigira ingaruka ku mikorere ya Guverinoma no mu gushyira mu bikorwa politiki zemeranyijweho. Ni ikibazo gikomeye k’uburyo ha...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo yatangije umushinga ugamije kuzafasha abahinzi guhinga bakeza kandi ibyeze bigatunganywa kugira ngo bizagirere benshi akamaro. Ni umushinga wi...









