Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Burundi yatangaje ko Ambasaderi w’iki gihugu mu Misiri, Cheik Rachid Malachie Niragira yapfuye mu buryo butunguranye. Ni itangazo ryaraye risohotse k...
Abanyarwanda cyane cyane abo mu Ntara y’Amajyaruguru, bakunda agahiye. N’ubwo inzoga zemewe, ariko abaganga basaba abantu ‘kunywa mu rugero’. Abantu bakunda inzoga bavuga ko kunywa mu rugero ari ikint...
Mu rwego rwo gukomeza gushimangira imikoreshereze y’ikoranabuhanga mu mitangire ya serivise, Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu ku bufatanye n’Ikigo cy’lgihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA) ...
Hirya no hino mu Rwanda hatangiye ibizamini ngiro ku banyeshuri biga imyuga n’ubumenyi ngiro. Bavuga ko bazabitsinda kandi ko bafite ibikoresho bihagije byo kubafasha kubikora. Bamwe muri bo ni abiga ...
Nta munsi cyangwa ibiri ihita, byatinda cyane hagashira icyumweru…mu Rwanda hatavuzwe umugabo cyangwa umugore wishe uwo bashakanye, umugabo wishe umwana cyangwa abana n’ibindi bikura abantu umutima! ...
Colonel Jeannot Ruhunga(ubu ari mu kiruhuko cy’izabukuru nk’umusirikare) amaze imyaka itanu ayobora Urwego rw’Ubugenzacyaha. Aherutse kuvuga ko ubwo yahamagarwaga n’Umugaba w’ingabo, ngo amubwire ko y...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI, ivuga ko umukamo w’amata y’inka wazamutse ku rwego rugaragara. Wavuye kuri toni 142.511 mu mwaka wa 2005 ugera kuri Toni 999.976 mu mwaka wa 2022, bikaba byi...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo gusuzuma ubukana ibiza byangije ibikorwaremezo byari bifite, yasanze hazakenerwa Miliyari Frw 296 zo kubisana mu buryo burambye. Kugeza ubu kwita ku batura...
Icyo mu ndimi z’amahanga bita central corridor ni umuhanda uhuza u Rwanda n’icyambu cya Dar es Salaam. Uyu muhanda wabaye ingirakamaro ku Rwanda mu bihe bitandukanye kubera ko abacuruzi barwo babonye ...
Akarere ka Bugesera ni ko karere ka mbere mu Rwanda gafite ibiyaga byinshi ugereranyije n’utundi. Intara y’Uburasirazuba kandi niyo ya mbere ifite ibiyaga byinshi. N’ubwo ari uko bimeze, abatuye iki g...









