Si mu bihugu byateye imbere gusa umubyibuho ukabije ugaragara nk’ikibazo kuko no mu bihugu bikize naho ari uko bimeze. Ni ikibazo kibasiye abagore bo mu mijyi kandi bize. Umubyibuho ukabije akenshi uz...
RIB yatanye muri yombi abakozi umunani bo mu nzego za Leta nyuma y’ igihe ibakoraho iperereza ku byaha byo kwiba no kugurisha ibizamini by’akazi. Abo bakozi barimo abagenzuzi b’imari(internal auditors...
Captain Li Dayi niwe wabaye Defence Attaché wa mbere w’Ubushinwa woherejwe mu Rwanda. Uyu musirikare yitezweho guteza imbere ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’Ubushinwa n’u Rwanda. Abakozi muri za...
Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yabwiye Perezida Kagame ko urubyiruko rwamutumye ngo amubwire ko rumufataho urugero. Ati: ‘Urubyiruko rwinshi niyo turebye ibyo bandika ku mbuga nkoranyamb...
Mu rwego rwo kwagura imihanda kugira ngo bigabanye umubyigano w’imodoka, Minisiteri y’ibikorwa remezo igiye kwagura umuhanda Giporoso-Masaka ushyirwemo ibisate bine. Iyi Minisiteri ivuga ko ifite gahu...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Mutarama, 2024 bisi 60 zari zisigaye ngo umubare wa bisi 100 wuzure, ziri butangire gukorera mu Mujyi wa Kigali. Mbere hari haje...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na UNICEF batangiye guha ababyeyi batwite inyunganiramirire ikomatanyije. Hazabaho na gahunda y’uko abo babyeyi bazajya bamenyekanisha imirongo ngenderwaho ku mir...
Bashingiye ku mwanzuro wo mu yindi yafashwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 18 yabaye mu mwaka wa 2023, abahinzi bashima ko hashyizwe umuhati mu kuzamura umusaruro, bikagaragarira no ku musaruro ...
Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamen...
Minisiteri y’ibikorwaremezo yatashye ku mugaragaro umuhanda w’ibilometero 208 uva Kagitumba ugaca Kayonza ukarangirira Rusumo. Ni umuhanda uhuza u Rwanda, Uganda na Tanzania, ukaba usanzwe ari ingirak...









