Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Musafili Ildephonse yasohoye amabwiriza agenga nkunganire y’ifumbire izatangwa mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A. Ni amabwiriza ashingiye ku itegeko N° 30/2012 ryo ...
Itangazo rya Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yatangaje ko ku wa Mbere taliki 17, Kamena, 2024 ari umunsi w’ikiruhuko kubera umunsi mukuru muri Islam witwa Eid Al Adha. Iryo tangazo riragira rit...
Abubaka inyubako izaha ababyeyi serivisi mu bitaro bya Kibagabaga bavuga ko igeze kure yuzura. Iyo nyubako iri kubakwa ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ububiligi mu kitwa Cooperati...
Biri mu mushinga wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi, ukaba umaze igihe ugejejwe mu Nteko ishinga amategeko uzanywe n’iyo Minisiteri. Intego ni ukuzamura umusaruro uva muri ubu bucukuzi buherut...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi bahoze bakorera Minisiteri y’uburezi n’abandi bakoraga muri uru rwego bazize Jenoside, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi,...
Sena y’u Rwanda ibaza Guverinoma y’u Rwanda icyakuyeho amakarabiro yari yarashyizweho mu gihe cya COVID-19 kandi yari afitiye abaturage akamaro ko kubarinda indwara zikomoka ku mwanda. Inteko rusange ...
Umuhanzi wo muri Uganda uri mu bakunzwe mu ngeri zose z’abaturage b’iki gihugu witwa Eddy Kenzo yaraye ageze mu Rwanda mu gitaramo yatumiwemo ngo azifatanye na bagenzi be mu kwizihiza no kumurika alub...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko mu rwego rwo gufasha urubyiruko rw’u Rwanda gukora ubuhinzi bugamije isoko kandi bwihagije mu biribwa, Guverinoma yashyizeho ingamba zo kuburinda ib...
Minisiteri y’uburezi ivuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yagize umusaruro ugaragara cyane cyane mu gutuma abana bagana ishuri kandi bakarigumamo. Ibi byagize uruhare mu kuzamura ireme ry’ub...
Imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda yatumye ibishanga uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwahingagamo ibisheke byuzura. Ingaruka zabaye iz’uko amakamyo apakira ibisheke abura uko agera mu kazi ndetse n’aba...









