Mu ibaruwa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yandikiye Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith harimo ko agomba gukuraho icyemezo cyo kwirukana Ndagijimana Froduard wari...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Ukwakira, 2024 abantu 11 ari bo bari bamaze guhitanwa n’icyorezo Marburg. Iki cyorezo bivugwa ko cyageze mu Rwanda mu mpera za Nz...
Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu bitaro hirya no hino habonetse indwara ya Marburg. Ni indwara ikomeye iterwa na virusi. Itangazo rya RBC riragira riti: “Mu bitaro bitandukany...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi itangaza ko abantu 300 ari bo bamaze kubarurwa ko banduye ubushita bw’inkende, abenshi muri bo bakaba ab’i Bujumbura. Komini ya Ntahangwa niyo ifite benshi kuko ari ab...
I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa. Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzw...
Mu iteka rya Minisitiri w’imari n’igenamigambi riherutse gusohoka handitsemo ko ibimina bigomba kuba byanditswe ku buyobozi bw’Umurenge biherereyemo. Ni gahunda igomba kuba yarangije gushyirwa mu biko...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi ivuga ko hari abantu batatu bamaze kwandura ubushita bw’inkende mu Kirundi babwita ‘Urukushi”. Ubu bushita bwaraye butangajwe ko bwageze no mu R...
Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe mu nshingano kubera ibyaha akekwaho ko yakoze ubwo yari Minisitiri w’Ibidukikije. Umuvugizi w’Urwego rw...
Mu Mudugudu wa Gasave, mu Kagari ka Raranzige mu Murenge wa Rusenge, mu Karere ka Nyaruguru, haravugwa inkuru y’umugabo wiyahuye nyuma yo gutema bikomeye umugore we n’umwana. Uvugwaho urwo rugomo ni W...









