Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa Kane tariki 25, Werurwe, 2021 rivuga ko iriya Minisiteri irimo kuvugurura uburyo bw’ikoranabuhanga bwifashishwa mu irangiza ry̵...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ibidukikije aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho kwakira ruswa. Umuvugizi warwo Bwana Dr Thierry B. Murangira yabwiye...
Kuva mu mezi make ashize ifatwa rya Rusesabagina rikomeje kuvugwaho byinshi, uhereye ku buryo yageze mu Rwanda, uko yafashwe n’uburyo afunzwemo. Ni umugabo ukurikiranyweho ibyaha by’iterab...
Kugeza kuri iki Cyumweru, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko abamaze kwandura icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda ari abantu 18.053, abamaze gupfa ni 249. Iki cyorezo cyagaragaye bwa mbere mu Bu...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu ijambo rye mu gushyingura umunyamabanga ...
Nyuma y’inkuru yavuzwe mu Murenge wa Kiramuruzi ko hari abanyeshuri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Gakoni Adventist College ruri i Kiramuruzi, bigaragambije bakangiza ibyo Minisiteri y’uburezi yise ibik...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu Mujyi wa Kigali, yaba aya Leta n’ayigenga yose afunzwe guhera kuri uyu wa Mbere tariki 18, Mutarama, 2021. Min...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gasabo barimo Ikigo WaterAid na Heineken Africa Foundation bafatanyije n’ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere batashye ubukarabiro bushya bugenewe abagana Ikigo nderabuzima ...








