Ikigega mpuzamahanga cya Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga,The United States Agency for International Development (USAID) cyateganyije miliyoni 14.8$ yo gufasha abahinzi mu...
Imvura iri kugwa muri Gashyantare, 2022 ntisanzwe. Ni imvura Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere gitangaza ko izaba nyinshi kugeza mu mataliki yegereza aya nyuma y’uku kwezi. Minisiteri y’u...
Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi bari batumiwe mu gikorwa cyo kumirika icyuma gisuzuma niba inyama z’umubiri w’umuntu zitarwaye kitwa MRI(Magnetic Resonance Imaging)giherutse kugurwa n’ibitaro Legacy C...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu ...
Ni ubutumwa urubyiruko rugize Intore ziswe Inkomezamihigo rwaraye ruhawe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Uburere mboneragihugu Madamu Clarisse Munezero ubwo yazinjiz...
Ikipe y’abagabo ya Police y’u Rwanda ikina umukino wa Handball yegukanye igikombe mu irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Africa y’Iburasirazuba n’iyo hagati (ECAHF) ryaberega muri Tanzania...
Abadepite, abakora mu Rwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta n’Abanyarwanda muri rusange bakomeje kwibaza iherezo ry’imikorere idahwitse y’Ikigo WASAC. Kubera ko bisa n’ibyananiranye ndetse bikaba...
Muri iki gihe kwiga ni ingenzi kurusha guhinga kuko no guhinga bya kijyambere bisigaye bishingiye ku bumenyi bugezweho. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburezi ku isi ryemeza ko iyo umwana y...
Hari amakuru avuga ko muri Minisiteri y’ubutabera hari gutegurwa umushinga w’itegeko uzagezwa mu Nteko ishinga amategeko ugamije gusaba ko gusambanya abana bigirwa icyaha kidasaza. Ibyaha bidasaza ni ...
Itangazo rya Minisiteri y’uburezi rimaze gusohoka ryamenyesheje Abanyarwanda bose ko ku wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 ari bwo abanyeshuri bazatangira igihembwe cya gatatu cy’amashuri. Ibi birareba ...








