Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko rudashaka na gato intambara na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Dr Vincent Biruta yabwiye France 24 ko n’ubwo ubushotoranyi bwa Repubulika ...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko hari umusirikare wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo winjiye ku butaka bw’u Rwanda akarasa abapolisi babiri bagakomer...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri biga i Kigali ariko bakiga bataha bazaguma iwabo mu Cyumweru CHOGM izaberamo, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwiyigisha bagasubira mu byo bize ...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda isaba Abanyarwanda gushyira umutima mu nda kuko n’ubwo hari ibindi bisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Bunagana b...
Ubumwe Nyarwanda bw’abafite ubumuga bwo kutabona baraye basabye Leta kubafasha kubona inkoni ibafasha kutayoba cyangwa gutsitara kuko ngo ibahenda. Dr Mukarwego Betty uyobora Ubumwe Nyarwanda bw...
Ibiganiro byabaye hagati ya Perezida wa Angola witwa Lourenço n’uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi byavugaga uko umwuka w’intambara hagati ya Kigali na Kinshasa wacururuka, byageze...
Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu 92. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ku isi...
Mu kiganiro Minisiteri ya Siporo n’abategura irushanwa rya BAL bahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, Kapiteni w’ikipe ya REG Basketball club ihagarariye u Rwanda muri iriya mik...
Aborozi b’ingurube bibumbiye mu ihuriro bise Rwanda Pig Farmers Association bavuga ko kimwe mu bibazo bikomeye bafite ari uko ibiryo by’ingurube bigihenze ndetse ngo n’ibihari ubuziranenge bwabyo bur...
Mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi nk’imwe mu nkingi z’iterambere rirambye, Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri mu rwego rwo kugabanya ubucucike. Icyakora ibyumba 847 n...









