Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari bwazamutse ku kigero cya 7.5%. Impamvu yabiteye ni uko urwego rwa serivisi n’urwego rw’inga...
Umubyeyi witwa Munyazesa avuga ko kuba Minisiteri y’uburezi yatangaje ko uruhare rw’umubyeyi [rw’amafaranga] mu myigire y’umwana we ari ibyo kwishimira n’ubwo hari abazakomeza kugorwa no kubona ayo m...
Jimmy Gatete wabaye rutahizamu uri mu batazibagirana mu mateka ya ruhago mu Rwanda ari hafi kugaruka mu Rwanda gutegura igikombe cy’isi cy’abagacishijeho bigatinda ubu bakaba barigiye kiruhuko cy’izab...
Umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Taliki 23, Kanama, 2022 inshuti n’abavandimwe ndetse n’abafana ba Burabyo Dushime Yvan baraye bamusezeyeho mu cyubahiro kitigeze gihabwa undi muhanzi watabarutse kugeza...
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda baba mu mahanga bagira uruhare runini mu kuruteza imbere k’uburyo mu myaka itandatu ishize bashyize mu isanduku yarwo Miliyoni $1100 ni ukuvuga Miliyar...
Kwiga biravuna n’ubwo amanota atanga inoti. Hari abanyeshuri bavuga ko bize amasomo y’uburezi budaheza, babikora bibwira ko nibabirangiza bazabona akazi kuko basa n’aho ibyo bigaga byari byihariye ari...
Kuri uyu wa Mbere taliki 18, Nyakanga, 2022 mu Rwanda hose hatangiye ibizami bigenewe abanyeshuri bo mu mashuri abanza. Abiyandikishije bemerewe gukora biriya bizami ni abana 229,859. Ku rwego rw’igih...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru w...
Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko bibujijwe gukora inkuru ku miti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko umuntu wemerewe kwamamaza imiti cyangwa ibikorwa by’u...
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni Tetsuya Yamagami. Yabwiye ...









