Kristalina Georgieva usanzwe uyobora Ikigega Mpuzamahanga cy’imari, IMF, azasura u Rwanda mu mpera za Mutarama, 2023. Amakuru Taarifa yakuye ahantu hizewe avuga ko uruzinduko rwe ruzaba hagati y’Itali...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri y’ubuzima yahandi...
Raporo ya Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi iva muri Mutarama ikagera kuwa 28 Ukuboza 2022, yagaragaje abantu 200 ari bo baburiye ubuzima mu byago byatewe n’ibiza byageze mu Rwanda mu mwaka wa 2022....
Mu minsi mike ishize, hari abaturage bo mu Murenge wa Save babwiye itangazamakuru ko mu gusaranganya ibiribwa bigenewe abaturage bashonje, habayemo uburiganya, ibiribwa bihabwa abo bitagenewe. Byari i...
Abenshi mu Banyarwanda bemeranya n’abo bagiye gushakana ko bazavanga umutungo kandi mu buryo busesuye. Akenshi biterwa n’imyumvire y’uko umwe muri bo ashobora kubona ko mugenzi we atamwizera aramutse ...
Minisiteri y’uburezi yatangaje uko abakoze ibizamini bya Leta bose hamwe bangana na 227.472 muri bo abatsinze ababitsinze ni abanyeshuri 206.286 bangana na 90.69%. Ni umubare wiyongereye ho 7.89% ug...
Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari k...
Mu gihe isi yitegura kuzazirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, abafite ubwo kutabona bo muri Uganda basohorewe Kopi y’Itegeko nshinga ryanditswe mu nyandiko yabagenewe yitwa Braille. ...
Perezida Paul Kagame yahaye Dr. Sabin Nsanzimana inshingano zo ku rwego rwa Minisitiri nyuma yo kumuvana k’ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare akamugira Minisitiri w’ubuzima. Yagiye kuri izi...









