Mu myaka yabanjirije COVID -19, mu bice byinshi by’u Rwanda havugwaga ibyuma byakinirwagaho imikino y’amahirwe byavugwaho kurya abantu amafaranga bigateza impagarara mu miryango. Ese ubu b...
Nyuma yo gusobanurirwa akamaro ko gushora mu gihugu cyarwo, urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu mahanga rwahisemo gushora mu mishinga imwe n’imwe yo kuzamura imibereho y’abaturage. Hashize hafi imyaka ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hazakorwa ibizamini birangiza amasomo y’icyiciro rusange n’ibirangiza amashuri yisumbuye muri rusange. Imibare y’abana bazabikora igaragaza ko bi...
Mu rwego rwo kwihaza ku ntungamubiri zikomoka ku mata, MINAGRI yiyemeje ko bitarenze umwaka wa 2029 umukamo uzaba ungana na litiro miliyoni 10 ku munsi ni ukuvuga inyongera ya litiro miliyoni zirindwi...
Nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwaremezo, u Rwanda rurateganya kuzubaka uruganda runini rufite ibyuma bikurura imirasire y’izuba rukayibyaza amashanyarazi menshi angana na Megawattt 30. Mu Rw...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, Ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryemeranyije gukorana n’Ubuyapani mu kongera amafaranga impande zombi zashyiraga mu gufasha Guverinoma y’u Rwanda guha...
Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko kuva mu mwaka wa 2013 ubwo Itorero ryatangizwaga na Perezida Paul Kagame abantu 559,686 bamaze guto...
Ku rukuta rwayo wa X, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Mutarama, 2025, abacuruzi bohereza ibicuruzwa hanze batazongera kwakwa icyangombwa cyabyo kerets...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...








