Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafiri yatangaje ko Guverinoma igiye guhagurukira abadahinga ubutaka bwabo. Avuga ko bidindiza umusaruro w’ubuhinzi, akungamo ko abatazabuhinga muri i...
Mu gihe runaka kiri imbere, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irateganya kuzamurikira rubanda urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rukoreshwa mu kumenya abaturage bakeneye inkunga. Ni mu rweg...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ku mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kwishimira iminsi mikuru irangiza umwaka wa 2023, umuganda w’impera z’umwaka wa 2023 utakibaye. Umuganda w’impera z’Uk...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora, Charles Munyaneza, yabwiye itangazamakuru ko nta matora ya Visi Meya ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa remezo usimbura Merald Mpabwanamaguru yaraye ako...
Abanyamakuru baganiriye na Taarifa banenga abakora mu bigo bya Leta bashinzwe kubivugira no kubitangaho amakuru (Public Relations Officers) ko batabaha amakuru bashaka, ayo babahaye aza atinze cyangwa...




