Abasore babiri Polisi iherutse gufatira mu Murenge wa Ruhuha mu Karere ka Bugesera bayemereye ko bibye umuntu Miliyoni Frw 1.5 yari avanye muri Banki. Uwo muntu avuga ko yari yayisize mu cyumba ajya g...
Taarifa yamenye ko mu Nama y’Umushyikirano izaba hagati y’italiki 27 n’italiki 28, Gashyantare, 2023 ari ho hazatangarizwa raporo ya paji 130 ikubiyemo ibyavuye mu ibarura rusange ry’abatuye u Rwanda ...
Tito Havugimana akomoka mu Murenge wa Mukama mu Karere ka Nyagatare. Yabwiye itangazamakuru ko yatomboye Frw 1.510.580 nyuma yo gutombora mu irushanwa rya Inzozi Lotto. Niwe munyamahirwe utomboye me...


