Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo gusuzuma ubukana ibiza byangije ibikorwaremezo byari bifite, yasanze hazakenerwa Miliyari Frw 296 zo kubisana mu buryo burambye. Kugeza ubu kwita ku batura...
Elon Musk afite umugambi wo kwirukana abakozi 1000 mu bari basanzwe bakorera Twitter aherutse kugura Miliyari 44 $. Uyu mugabo ukize kurusha abatuye isi bose arateganya ko ku kwezi buri muntu ukoresha...
Abo baturage ni abo mu bwoko bw’aba Rohingya bo muri Myanmar. Bavuga ko bagiye kurega Facebook kubera ko ngo yifashishijwe n’ubutegetsi bwa kiriya gihugu kugira ngo ikwize urwango rwo kubamara. Bavuga...
Polisi ya Kenya yafashe umugore witwa Maimuna Amir ukomoka muri Tanzania afite isanduku yahishemo ibilo 5.3 by’ikiyobyabwenge gikomeye kitwa Heroin( mu Rwanda bakita Mugo). Gifite agaciro ka miloyoni ...
Umunyemari Aloys Rusizana wari umaze hafi umwaka wose afunzwe yarekuwe. Arakekwaho uruhare mu kunyereza umutungo wa Leta binyuze mu kugurisha Leta inzu ku gaciro ubushinjacyaha bwavugaga ko yayigurish...




