Abatuye Umurenge wa Coko mu Karere ka Gakenke baraye mu gahinda batewe n’uko imvura ivanze n’amahindu yangije hegitari zikabakaba 200 z’imyaka bari bitezeho amaramuko. Umwe mu bahatuye yatubwiye ko ya...
Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze hari isoko rifite ubwiherero bugizwe n’ibyumba bitatu ariko bintinze ibiti byamaze kubora. Ababwifashisha batakambira inzego zo bwasanwa kandi bukagirwa bwins...
Mu Kagari ka Ruyonza mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza hari abaturage bavuga ko gusangira ku muheha ari kimwe mu byaranze Abanyarwanda babigira umuco bamwe baraze abandi. Nabo rero ngo ntiba...
Akarere ka Rubavu kari mu Turere dukunze gusurwa n’abantu bava muri Kigali bagiye kuharuhukira kubera ko ari ahantu habereye ijisho kubera ikiyaga cya Kivu. Hanakoreshwa n’abacuruzi bavana ibicuruzwa ...
Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje kumwakirira mu Karere...
Visi Perezida wa Mbere wa Etincelles FC Bwana Vincent Ndaribumbye avuga ko ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bushyira amafaranga muri Etincelles FC ariko ntibukurikirane uko akoreshwa ngo asigaye bumenye...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Charles Murwanashyaka ukekwaho kwica umugore we witwa Vestine Yankurije wari uje kumusaba amafaranga yo kwishyura ubwisungane mu buzim...
Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bavuga ko bakoze biteza imbere bityo ko ubuyobozi bw’aka Karere bwabavana mu Cyiciro cya Mbere cy’Ubudehe bakajya mu cya Gatatu. Minisitiri w...
Mu Murenge wa Juru uri mu Karere ka Bugesera abaturage bavuga ko hari umwe muri bo bakubiswe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge none izo nkoni zamuviriyemo urupfu. Uwapfuye yitwa Olivier Ha...
Yitwa Richad Gasana akaba Meya w’Akarere ka Gatsibo. Uyu mugabo ari mu bayobozi b’Uturere bitwaye neza k’’uburyo ari we umuntu yakwita ko ari KIZIGENZA muri bo. Gasana ayobora Akarere kari mu Turere i...









