Amatora yo kuzuza imyanya itari ifite abayobozi mu Turere twa Burera na Karongi yarangiye Soline Mukamana ari we utorewe kuyobora Burera n’aho Valentine Mukase atorerwa kuyobora Karongi. Madamu Vestin...
Hari abahinzi bo mu Karere ka Muhanga babwiye itangazamakuru ko bahinze bakarumbya, ubu bakaba bashonje. Ibi ariko Meya w’aka Karere witwa Jacqueline Kayitare avuga ko bitakwitwa inzara ahubwo ari ...
Mu ijoro ryo ku wa 14, Kanama, 2023 mu rugo rwa Bonifride Nyiransangwa utuye mu Mudugudu wa Winzira, Akagari ka Tyazo mu Murenge wa Rugabano muri Karongi hagurishirijwe inka ya Girinka, bikorwa n’umug...
Komisiyo y’amatora yatangaje ko Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yayisabye ko amatora y’abayobozi baherutse kuva mu myanya yari ateganyijwe vuba aha mu Karere ka Rubavu, asubikwa. Umunyamabanga nsh...
Andrew Rucyahana Mpuhwe wari usanzwe ari umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu yeguye kubera ko yemera ko kuba yaritabiriye umuhango wo gushyiraho umutware w’Abakono bitari bikwiy...
Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabi...
Umwe mu bakomoka mu Karere ka Rutsiro kandi akaba akurikiranira hafi ibihabera yabwiye ubwanditsi bwa Taarifa ko na mbere y’uko Meya Triphose Murekatete n’abo bakoranaga beguzwa, hari ikibazo cy’ubucu...
Hari ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Muhanga bivugwamo umwanda mwinshi haba ku masahane abana bariraho ndetse no kubakora mu gikoni. Si mu mashuri yose, ariko aho ubugenzuzi bwabisanze, bwasanze ...
Mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo witwa Habarurema waguye mu kirombe gifite metero ziri hagati ya 50 na 60 z’ubujyakuzimu. Umuhati wo kumubona n’ubu ntacyo uratanga. ...
Isuku mu Mujyi wa Kayonza irakemangwa cyane cyane mu nzu zicumbikira abashyitsi cyangwa aho bafatira amafunguro. Mu kiganiro kihariye umuyobozi w’aka karere Nyemazi yabwiye itangazamakuru iki kibazo b...









