Mu Mudugudu wa Kamashashi, Akagari ka Mpushi mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi harivugwa umugore witwa Nagahozo Devotha w’imyaka 35 wapfiriye ku nzira ajya kubyarira kwa muganga. Uyu mubyey...
Hakizimana Célestin wo mu Karere ka Kamonyi aravugwaho kuniga umugore we Nyirantiyiremye Donatha akamwica. Bombi bafite imyaka 45 y’amavuko. Ibi byaha bivugwa ko byabaye mu Mudugudu wa Giheta, Akagari...
Mu kigo cya Groupe Scolaire Bugumira mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi haravugwa umuyobozi w’iki kigo wirukanywe nyuma y’uko agaragaye ku mbugankoranyambaga yasinze bikabije avuga n’amagambo y...
Imihanda mishya ya kaburimbo mu Karere ka Muhanga yari yaringiritse itaratahwa kubera gusondekwa, yatangiye gusubirwamo. Ibi bikozwe nyuma y’inkuru zanyuze mu itangazamukuru zinenga uko iyo mihanda yu...
Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote babwiye itangazamakuru ko umuyobozi w’aka Kagari aherutse gukubita umuturage bimuviramo urupfu. Amakuru avuga ko uwo muyobozi yakubise uriya mutu...
Prosper Mulindwa uyobora Akarere ka Rubavu yabwiye itangazamakuru ko kuva abaye umuyobozi ari ubwa mbere abonye aho umuntu yifata agatema insina za mugenzi we akazararika! Yasubizaga ko kibazo cy’umus...
Imvura yaraye iguye mu Karere ka Rusizi n’ubu ikaba ikigwa yangije ikiraro cyahuzaga Umurenge wa Gikundamvura n’uwa Muganza aho bita kuri barrage. Iki kiraro cyafashaga abacuruzi b’umuceri n’ind...
Nyuma y’inkuru yavugaga ko umuyobozi w’ibitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga ataboneka mu kazi kandi ntagire uwo asigira inshingano, ubu abashinzwe isuku muri ibi bitaro barataka ko bahembwa Fr...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora, Charles Munyaneza, yabwiye itangazamakuru ko nta matora ya Visi Meya ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa remezo usimbura Merald Mpabwanamaguru yaraye ako...
Nyuma yo kugirwa Umujyanama muri Njyanama y’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva yatorewe kuba Meya w’ Umujyi wa Kigali. Uyu munyamategeko ukiri muto yari amaze igihe runaka ari Umunyamab...









