Abahagarariye abandi mu byiciro by’imibereho y’abatuye Nyamagabe bari guhugurwa ku miterere y’umubu utera malaria kugira ngo bamenye uko bazajya bawikiza ukiri muto. Ayo masomo agamije kum...
Mu Karere ka Rusizi haravugwa iyegura ry’abayobozi barimo na Visi Meya ushinzwe ubukungu witwa Munyemanzi Louis Ndagijimana. Yeguye hashize igihe gito Perezida wa Njyanama Béatrice Uwumukiza. Amakuru ...
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa avuga ko ingamba ubuyobozi bwafashe mu guhangana n’inzoga ibarirwa mu biyobyabwenge yitwa Kanyanga zatanze umusaruro ufatika. Hari mu kiganiro yah...
Uwari Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi akaba ari yari n’Umuyobozi w’ikigo RICA amakuru aravuga ko yanditse yegura ku buyobozi bwa Njyanama. Avuye kuri ubu buyobozi nyuma y’uko Minisitiri ...
Inzego z’Umudugudu wa Kigina, Akagari ka Marembo, Umurenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi, zivuga ko Kwizera Théoneste yatashye mu rugo saa mbiri zijoro(20h00) asanga bagiye kuryama, Se Ntigurir...
Ahagana saa kenda z’amanywa kuri uyu wa Kane taliki 15, Gashyantare, 2024 mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke inkuba yakubise abantu batandatu bari bagiye gusengera ahitwa Buzinganjwiri bane barap...
Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge y’Akarere ka Nyanza bahinduriwe imirenge bayoboraga binyuze mu mavugurua yakozwe n’ubuyobozi bw’aka Karere. Abaye nyuma y’igihe hari umwuka mubi muri b...
Uwo ni Hakizimana Innocent wigisha mu Karere ka Nyabihu. Yabwiye itangazamakuru ko nyuma yo gutangariza kuri X ko aziyamamariza kuba Umukuru w’u Rwanda mu matora ari mu Mpeshyi ya 2024, ubuyobozi bw’a...
Ni icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe kugira ngo amata yari yarabuze ubuguzi muri Nyagatare na Gatsibo abonerwe isoko bityo azahabwe abanyeshuri mu gihe cy’amezi abiri ari imbere. Bizakorwa mu gih...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo butangaza ko Ibiro byako bigiye kwimuka bikava mu Murenge wa Bushoki bikajyanwa mu Murenge wa Ngoma. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith yabwiye RBA ko...









