Kuri iki Cyumweru taliki 20, Ukwakira, 2024 mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Nyarutunga mu Murenge wa Nyarubuye, mu Karere ka Kirehe habereye ibyago bikomeye aho inkuba yishe amatungo 24 arimo inka u...
Mu ibaruwa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), yandikiye Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith harimo ko agomba gukuraho icyemezo cyo kwirukana Ndagijimana Froduard wari...
Mu Mudugudu wa Musega, Akagari ka Kivugiza, Umurenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abana babiri n’abandi bantu bakuru bajyanywe kwa muganga bivugwa ko bazize kurya umuceri ‘uhuma...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko nyuma y’igitutu cy’itangazamakuru, ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwakoranye na Polisi barekura umuyobozi ushinzwe imibereho myiza mu Kagari Bihembe wari ufungiye mu...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Urujeni Martine aherutse gutangaza ko hari ahantu harindwi hateje akaga abahatuye mu gihe imvura nyinshi izaba yatangiye kwi...
Harangije gukusanywa Miliyari Frw 400 zo kuzubaka umujyi ku nkengero z’ikiyaga cya Ruhondo aho gikora ku Karere ka Musanze. Ubuyobozi bw’aka Karere buvuga ko uwo mujyi uzubakwa mu rwego rwo kongera ah...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko hari abantu batatu barengewe n’amazi ubwo bacukuraga mu kirombe bakaza gukubita ahandi amazi akabazamukana. Ni ikibazo cyabaye mu mugoroba wo kuri uyu wa Kane...
Dr. Anaclet Kibiriga uyobora Akarere ka Rusizi yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe ko badakwiye kubona RIB ngo bakuke umutima, bumve ko ishinzwe gufunga abantu gusa. Bikubiye mu butumwa yageje...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko mu myaka itanu iri imbere buzaha ingo 24,000 amashanyarazi kugira ngo ziteze imbere. Ni amakuru Meya w’aka Karere Christophe Nkusi yahaye bagenzi bacu b...
Habimana Alfred niwe watorewe kuba umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rusizi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu. Amakuru avuga ko yari asanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge...









