Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Taarifa Rwanda yabonye ibaruwa yasinywe na Dr. Murwanashyaka Emmanuel uyobora Akarere ka Nyaruguru itumiza inzego ngo kuwa Mbere kare kare bazahure baganire uko imitsindire y’abana muri aka Karere gah...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, asanga kugira ngo ibibazo biri mu ngo bikemuke, ari ngombwa ko abawugize birinda kwitana bamwana. Kuri we, kwitana bamwana bituma hataboneka igisub...
Abatuye Imirenge ya Cyinzuzi na Masoro muri Rulindo babwiye abakozi ba RIB nabo mu kigo cy’igihugu gishinzwe Mini, Petelori na gazi ko bacengewe n’ubukangurambaga bahawe mu kurinda ibidukikije. Baseze...
Nsengimana Claudien uyobora Akarere ka Musanze ubwo yahaga ikaze abitabiriye Umuganura wabereye kuri Stade Ubworoherane mu Murenge wa Muhoza yavuze ko kuganura kwabo, bishimira byinshi birimo n’...
Abatutsi barokokeye Jenoside mu Murenge wa Mururu ya Rusizi y’ubu, basaba inzego bireba uko ahitwa Gatandara hashyirwa urwibutso rwihariye rwerekana ubugome Interahamwe zicanye Abatutsi zikabarya inya...
Raporo igaragaza ko abizigamiye muri Ejo Heza mu gihugu hose mu mezi arindwi ashize( ni ukuvuga guhera muri Nyakanga 2024 kugeza Mutarama, 2025), bamaze kuzigama Miliyari Frw 7,5. Ni ubwizigame bunga...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yahakanye gutukana no kuka inabi abo bakorana bamushinja. Hari abakozi ku rwego rw’Akarere ka Ruhango bamushinja kubatoteza no kubuka inabi bita...
Uyobora Umurenge wa Nyamyumba yandikiwe ibaruwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bumusaba gutanga ibisobanuro by’impamvu abaturage ayoboye barwaye amavunja. Abo mu Mudugudu wa Pfunga mu Kagari k...
Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri W’Intara Y’Uburengerazuba asimbuye Lambert Dushimimana nawe wagiyeho muri Nzeri, 2023 asimbuye Francois Habitegeko. Hagati aho kandi Kibiliga Anicet...









