The Ben-amazina ye ni Mugisha Benjamin- yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, avuga ko amubabariye. Ibaruwa yageze mu itangazamakuru i...
Ngabo Medard, Umunyarwanda wamamaye ku zina rya Meddy yasohoye indirimbo nshya yise Grateful. Irimo ubutumwa bwo gushimira Imana ibyiza yamufashije kugeraho no kuba yita ku bayo bose. Ni indirimbo iri...
Umuhanzi Meddy (Ngabo Médard Jobert niyo mazina ye) ari mu byamamare bimaze kugaragaza umubabaro byatewe n’urupfu rw’umwana w’imyaka itanu witwa Akeza Elisie Rutiyomba . Kuri Twiter yanditse ati: “ Mb...
Ku rukuta rwe rwa Twitter Umuhanga Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangaje ko ubu yakiriye Yesu mu mutima we ngo amubere umwami n’umukiza. Ngo hari abo yabibwiye bagira ngo ni igiparu! Meddy uheruts...
Uburyo indirimbo nshya ya Meddy yujuje miliyoni imwe y’abantu bayirebye kuri YouTube mu minsi ibiri gusa, ntibivugwaho rumwe na bamwe mu bahanzi. Bamwe babifashe nk’ikintu gikomeye kigaragaza urwego u...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yashinjwe kwibasira abahanzi Meddy na The Ben bakunzwe mu Rwanda, avuga ko we binamubabaza kuba yagereranywa nabo. Intambara y’amagambo yatangiye ub...
Mu birori bya The Choice Awards 2020 Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi mu Rwanda, Meddy ahabwa icy’umuririmbyi w’umwaka mu Banyarwanda bakorera umuziki hanze yR...
Umuziki mu Rwanda ugitangira byari bigoye ko hari uwatekereza ko uzatunga umuhanzi. Byatumye hari abahanzi bahitamo guha umwanya wabo amashuri, kuko nta kizere cy’uko umuziki wazabatunga ubwawo bari b...







