Imirwano y’inkundura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo na M23 irakomeje ahitwa Ngungu muri Gurupema ya Ufamandu yafi y’i Sake, ingabo z’iki gihugu zikarwana zishaka uko zakwirukana...
Olivier Nduhungirehe uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda avuga ko bitumvikana ukuntu amahanga yahagurutse agahagarara ngo ni uko M23 yafashe Masisi kandi atarigeze yamagana ubwicanyi a...
Kuri iki Cyumweru tariki 05, Mutarama, 2025, ahitwa Mambasa mu Ntara ya Ituri habaye irasana hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba Maï- Maï Wazalendo basanzwe bakorana n’...
Muri Teritwari ya Masasisi hari kubera imirwano ikomeye hagati ya M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bafatanyije n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Imirwano ikomeye iri kubera neza neza ahitwa M...
Perezida w’u Burundi akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Evariste Ndayishimiye yatumije inama y’Abakuru b’uyu Muryango iri bubere i Bujumbura. Haribazwa niba mugenzi we Tshiseked...
Umuhuza hagati ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’imitwe iyirwanya Uhuru Kenyatta avuga ko umutekano wasubiye irudubi. M23 ikomeje kwigarurira ibice bitandukanye bw’u Burasirazuba bwa DRC....
Umuvugizi w’ingabo za DRC witwa Major General Sylvain Ekenge avuga ko abarwanyi ba M23 banze gusubira mu birindiro bahozemo byo mu Birunga bya Sabyinyo nk’uko bikubiye mu masezerano y’i Luanda yasiny...
Bwana Mokgweesi Masisi uyobora Botswana ari busure Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, aganire na mugenzi we Felix Tshisekedi. Umunyamakuru wa Jeune Afrique ukorera muri DRC witwa Stanslas Bujakera Tsh...







