Police FC yasezerewe na SC Constantine yo muri Algeria mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ku bitego bibiri kuri kimwe. Umukino wahuje aya makipe waber...
Vincent Mashami wahoze ari umutoza mukuru w’Ikipe y’igihugu ni umwe mu batoza batoje Amavubi ariko utaravuzwe rumwe kugeza ndetse yegujwe mu minsi micye ishize. Muri Kanama 2018 nibwo yabaye Umutoza a...
Ibaruwa yasohowe kuri uyu wa Kane taliki 10, Werurwe, 2022 ivuye mu Buyobozi bw’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Rwanda , FERWAFA, yavuga ko amasezerano Vincent Mashami yari afitanye nayo yo...
Muri iki gihe Amavubi y’u Rwanda nta mutoza afite. Byatewe n’uko kontaro(contract) ya Vincent Mashami yarangiye. Ubu haribazwa niba hazanywe umutoza w’Umunyamahanga aribwo Amavubi yagera kuri mu marus...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Vincent Mashami wahawe kuyobora ikipe y’igihugu Amavubi kuva muri 2018 biteganijwe ko ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 aribwo amasezeranoye mu ikipe y’igihugu azaba ...
Harabura amasaha make ngo Amavubi y’u Rwanda ahure n’Inzovu zo muri Guinéé bakina umukino wa ¼ bahatanira kugera muri ½ cya CHAN. Yongeye agezwaho ubutumwa yagenewe na Perezida Paul Kagame. Ubutumwa ...
Abanyarwanda baraye babyina intsinzi nyuma y’uko Amavubi atsinze Togo ibitego bitatu kuri bibiri. Intsinzi y’Amavubi yabaye igitangaza gishimishije ku Banyarwanda kuko yaherukaga gutsindira i mahanga ...
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yongeye kwihagararaho anganya na na Marocco ubusa ku busa mu mukino wayo wa kabiri wo mu Itsinda C mumikino ya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu...
Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi ari muri Cameroun mu mikino ya CHAN. Kuri uyu wa 18, Mutarama, 2021 ari buhure n’Imisambi ya Uganda. Hari abakinnyi b’ibikonyozi umutoza Vincent Mashami yitwaje, ...
Umutoza w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Vincent Mashami avuga ko nyuma yo gusuzuma uko abakinnyi be bifashe muri iki gihe, yasanze hari abatarajya ku murongo(forme) neza k’uburyo yazabajyana mur...









