Umuhanzi Intore Masamba yabwiye Taarifa ko kubohora u Rwanda byagize akamaro mu ngeri zirimo no kuzamura umuziki w’Abanyarwanda ukajya no ku ruhando rw’isi. Masamba yaraye akoze igitaramo cyo kwizihiz...
Umunyamakuru wa Daily Monitor witwa Stephen Otage yazindukiye ahari bubere igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Mu rwego rwo gufasha abazindutse gutegereza igihe ...
Massamba yabwiye Taarifa ko nyuma yo kubona ubutumire yahawe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ngo azaze kumutaramira mu birori by’umunsi mukuru yizihiza italiki yavukiye, byamushimije. Yatubwiye ko nta k...
Umuhanzi Jules Sentore yasohoye indirimbo yise ‘Mama’. Muri yo ashimira Nyina ko yamureze neza akaba yitunze kandi afite ishema mu rungano rwe. Nyina wa Jules Sentore yitwa Fanny Umutako. Yitabye Im...



