Nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe. Mu ijoro ...
Ubuyobozi bw’uruganda Masaka Farms bukorera mu cyanya cy’inganda cya Masoro bushimirwa ko mu nzego zose z’imirimo irukorerwamo uhasanga abafite ubumuga. Ubumuga ni imiterere ya rumwe mu ngingo z’umubi...
Mu Mudugudu wa Rebero mu Kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’umusore ukekwaho kwica Se arangije yishyikiriza Ubugenzacyaha. Uwapfuye yitwa Abdul Muhire akaba y...
Gasake Wellars w’imyaka 73 y’amavuko aherutse gufatirwa mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako, mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro nyuma y’uko yahabaga yarahinduye amazina kugira ngo atazafungirwa ...
Mu rwego rwo kwagura imihanda kugira ngo bigabanye umubyigano w’imodoka, Minisiteri y’ibikorwa remezo igiye kwagura umuhanda Giporoso-Masaka ushyirwemo ibisate bine. Iyi Minisiteri ivuga ko ifite gahu...
Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge. Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu im...
Ubwo yatahaga ibitaro bya Masaka byaguwe, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko uruhare u Bushinwa bugira mu kuzamura urwego rw’ubuzima mu Rwanda ari urw’agaciro. Yabivugiye mu muhango wo...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 08, Gashyantare, 2023 mu Mudugudu wa Biryogo, Akagari ka Cyimo mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro umwana w’imyaka icyenda(9) yakuwe mu mwobo abawubonye bavuga ko ureshya na m...
Mu Murenge wa Masaka harasiwe umugabo witwa Jean Rusanga w’imyaka 37 y’amavuko bivugwa ko yari umujura wari wagiye kwiba mu rugo rw’uwitwa Abdoni Hakizimana. Amakuru avuga ko uriya mugabo yagiye kwiba...









