Izi ngamba Amerika yari yarafatiye u Rwanda zirimo gukumira ingendo yise ko zitari ngombwa z’Abanyamerika baruzamo. Icyakora ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) n’ibiro by’i...
Nk’uko isanzwe ibigenza mu kumenyesha abantu uko Marburg ihagaze, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda nta muntu ukiyirwaye. Isaba Abanyarwanda kutirara ngo batezuke ku ngamba zo kwirinda iyi n...
Mu gihe u Rwanda rumaze igihe ruhugiye mu kurwanya Marburg kubera ubukana bwayo, ku rundi ruhande indi ndwara ya Monkey Pox isa n’itibukwa na benshi. Icyakora irahari ndetse no muri Uganda iriyo kandi...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko icyorezo cya Marburg cyadutse mu Rwanda kivuye mu ducurama ariko atavuze aho twari turi. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru kitabiriwe n’Umuyobo...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera avuga ko kuba iminsi ibaye itatu nta muntu Marburg ihitanye, ari ikimenyetso ko bidatinze izaba yacitse mu gihugu. Butera avuga ko...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko u Rwanda rutaramenya amakuru mpamo y’aho icyorezo Marburg cyateye gituruka. Yabigarutseho mu kiganiro cya gatatu ahaye itangazamakuru nyuma y’uko iyi...
Inkuru nziza yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ni uko abantu 15 baraye bakize Marburg. Ikindi ni uko kuri uyu wa Kane ntawe iyo ndwara yahitanye ndetse nta n’uwayanduye. Abantu 30 nibo ba...
Kubera impamvu zitatangajwe, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyanzuye ko abana 22 b’ingagi batakiswe amazina ku italiki 18, Ukwakira, 2024 nk’uko byari biherutse gutangazwa. Itangazo ry’ik...
Muri raporo yayo ya buri mugoroba, Minisiteri y’ubuzima yaraye itangaje ko hari abandi bantu batatu baraye bakize icyorezo Marburg cyugarije Abanyarwanda. Abo batatu baje biyongera ku bandi batanu bak...
Mu Karere ka Musanze by’umwihariko n’ahandi mu Rwanda haravugwa utubari, butiki n’izindi nyubako zidafututse zahinduwe amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ni amashuri yashinzwe nta byangombwa bya NESA a...









