Izuba ryinshi ryatse mu Mirenge y’Akarere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda ryumishijje ibigori ku buryo ababihinze bafite impungenge zo kuzarumbya. Ubuyobozi bwo bubizeza ko nta nzara bazagira. Ba...
Hari inzu 19 zo mu Murenge wa Jarama, mu Karere ka Ngoma zasakambuwe amabati n’umuyaga wari uvanze n’imvura yaguye muri aka gace mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu. Inyinshi mu nzu za...

